Print

Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa ugizwe n’ibibanza ndetse n’inzu yo guturamo biherereye Mirenge ya Gahanga na Kanombe mu Karere ka Kicukiro

Yanditwe na: Ubwanditsi 8 March 2019 Yasuwe: 135

Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki ya 14/3/2019 no kuwa gatanu taliki 15/3/2019 azagurisha muri cyamunara imitungo itimukanwa ya Harelimana Claude na Mujawamaliya Julienne ku buryo bukurikira kugira ngo harangizwe urubanza rw’ubutane:

1. Taliki 14/3/2019 Saa yine (10h00) za mu gitondo hazagurishwa imitungo yabo igizwe n’ibibanza bibiri binini biri mu Kagali ka Kagasa Umurenge wa Gahanga Akarere ka Kicukiro

2. Taliki 15/3/2019 saa yine (10h00) za mu gitondo hazagurishwa umutungo wabo utimukanwa ugizwe n’inzu yo guturamo uherereye mu Kagali ka Rubilizi Umurenge wa Kanombe Akarere ka Kicukiro

Cyamunara ikazabera aho imitungo iherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel: 0788420923