Print

Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bwubatseho inzu uherereye mu murenge wa Ruhuha, Akarere ka Bugesera

Yanditwe na: Ubwanditsi 15 March 2019 Yasuwe: 170

Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki ya 22/3/2019 saa tanu n’igice (11h30) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bwubatseho inzu wa Kayigamba Eliphaz asangiye na Muhayimana Emma Marie uherereye mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Ruhuha, Akagali ka Ruhuha, Umudugudu wa Ruhuha ya 1 kugira ngo harangizwe urubanza Icyerekezo Sacco Nyarugenge yatsinzemo itsinda Vision Rebero rigizwe na Kayigamba Elyphaz na bagenzi be.

Cyamunara ikazabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel: 0788734008.