Print

Reba umukinnyi wa Filime ukomeye wo muri Afurika y’Epfo ufite ubugufi budasanzwe wakoze ubukwe bwanditswe mu mateka y’isi[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 18 March 2019 Yasuwe: 6187

Umukinnyi wa filime wo muri Africa y’Epfo witwa Themba Nturi w’imyaka 27 yakoze ububwe bwasigaye mu mitwe ya benshi kubera uburyo yashyingiranwe n’umugore ufite uburebure bukubye ubwe kabiri.

Themba Nturi ni umukinnyi w’umunyamwuga kuko anafite impamyabushozi zikomeye z’’ikiciro cyambere cya kaminuza mubyerekeye kwandika ndetse no kuyobora ndetse no gutunganya amashusho ya tereviziyo.

Ubu bukwe bw’aba bombi bwari akataraboneka kuko bwhuruje abantu baturutse imihanda yose baje kwirebera ibi birori.




Comments

nerr 18 March 2019

Wauuuuuuunega abantubashimishije😄😄😄😄😄😄😄😄😄😄nimubampere agakissi,birashimishijepe.🌷🥀🌹🌷🥀❤️❤️❤️