Print

Ese ikibazo cyangwa indwara yo kunanirwa gutera akabariro no kubaka urugo iravurwa igakira?

Yanditwe na: Ubwanditsi 27 March 2019 Yasuwe: 4317

Dr. Murugu, umuganga uvura akoresheje imiti ikomoka ku bimera, avuga ko mu miti atanga harimo n’ivura impamvu zose zituma umuntu agira ubushake buke bwo gutera akabariro, zirimo uburwayi, imbaraga nke n’ibibazo binyuranye.

Dr. Murugu yafunguye ivuriro “Murugu Rwanda Clinic” mu karere ka Gasabo i Nyarutarama aho bita mu Kabuga ka Nyarutarama ndetse kuri ubu yatangiye kwakira abivuza indwara zitandukanye.

Dr. Murugu avuga ko igitekerezo cyo gufungura imiryango mu Rwanda yagikuye muri Uganda ubwo yajyaga gukorerayo abantu baho bakamubwira ko serivisi ze zikenewe cyane mu Rwanda, niko guhita atangira gushakisha uko yaza mu Rwanda.

Dr Murugu avuga ko avura indwara zitandukanye zirimo amibe, igifu, umwijima, impyiko, imitsi n’izindi zitandukanye, akaba avuga ko ivuriro rye rifite imiti myiza kandi yavanye mu bimera ifasha abantu bafite ibibazo byo gutera akabariro.

Avuga ko indwara za karande zigera kuri 95% azivura zigakira kandi akoresheje imiti avana mu bimera itagira ingaruka na nke mu buzima bw’uwayinyweye cyangwa uwayikoresheje.

Dr. Murugu afite ubunararibonye bw’imyaka isaga 20 avura yifashishije ibimera gakondo nyafurika


Niba ushaka amakuru arambuye kuri iri vuriro ushobora no kubahamagara kuri nomero yatelefoni igendanwa nomero 0781000143 cyangwa 0783786569


Comments

[email protected] 28 March 2019

Kwamamaza serivice zo kwa muganga bisigaye byemewe?