Ibi bihugu bivuga ko hari ikibazo cy’umutekano. Olivier Nuhungirehe, Minisitiri wa Leta muri Ministeri y’Ububanyin’Amahangayabwiye BBC ko nta kibazo cy’umutekano gihari Leta igiye kuvugana n’ibi bihugu.
Ariko se, kuburira abaturage babyo byaba bishatse kuvuga ko hari intambara cyangwa se hari iyegereje? Nibyo tugiye kugarukaho muri iyi video iri hasi:
Izi video mukora zirushaho kudusobanurira byimbitse.
mukomeze mwihagarareho umenya abazungu mutarabamenya nibabi cyane