Print

Umugore n’umugabo batereye akabariro muri pariki ya London imbere y’abantu benshi

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 17 May 2019 Yasuwe: 9318

Muri aya mashusho y’urukozasoni,uyu mugabo n’umugore we bari mu kigero cy’imyaka 30, yagaragaye aryamye muri pariki ari kunywa byeri,umugore ari kumukorakora yamukuyemo ipantaro.

Nyuma yo kumara iminota 10 bakora imibonano mpuzabitsina,bahise bahaguruka baragenda,rubanda rwabarebaga rusigara rwumiwe.

Aba bombi bafashwe aya mashusho kuwa kabiri na ba mukerarugendo bari basohokeye muri pariki ya Finsbury.

Benshi mu bari muri iyi pariki batunguwe no kubona aba bantu bari gusambanira ku karubanda niko kujya ku mbuga nkoranyambaga bakwirakwiza aya mashusho abandi bavuga amagambo babamagana.


Comments

mazina 18 May 2019

Ibi ni bimwe byerekana ko "turi mu minsi y’imperuka".Nubwo abantu nyamwinshi batabyemera,imana yashyizeho "umunsi w’imperuka" nkuko Ibyakozwe 17:31 havuga.Kuli uwo munsi,izakura mu isi abantu bose bakora ibyo itubuza,isigaze gusa abantu bayumvira.Byisomere muli Imigani 2:21,22.Kuli uwo munsi uteye ubwoba cyane nkuko bible ivuga muli Yoweli 2:11,Imana izakuraho ubutegetsi bw’abantu nkuko Daniel 2:44 havuga.Izaha ubutegetsi bw’isi yose Yesu nkuko tubisoma mu Ibyahishuwe 11:15.Hanyuma Yesu ahindure isi yose paradizo.Ibibazo byose biveho burundu,harimo ubukene,ubusaza,indwara n’urupfu.Soma Ibyahishuwe 21:4.Niba dushaka KUROKOKA kuli uwo Munsi,dushake imana cyane,twe kwibera mu byisi gusa.Ni Imana ubwayo ibidusaba muli Zefaniya 2:3.Byaba byiza uhasomye.