Uyu mugabo wahaye benshi isomo ryo gukora cyane no kwesa imihigo,yamaze imyaka 7 yose akora mu busitani bwa University of Fort Hare,ariko yatunguranye ari mu bantu bayirangirijemo icyiciro cya kabiri cya kaminuza muri social Science.
Umwe mu bakwirakwije iyi nkuru,yavuze ko ku munsi Mafu yakoreraga igiceri cya 50 cy’ama Naira ariko yabashije kwirihira kaminuza arayirangiza.
Abantu benshi bashimye Mafu ndetse bavuga ko ari urugero rwiza rw’umwirabura w’umuhanga ndetse bemeza ko buri muntu wese akwiriye kumwigiraho.
Nta gitangaza kirimo.No mu Rwanda benshi biga University kandi ari aba Plantons,Security Guards,Abarimu bahembwa 40 000 Frw ku kwezi,etc...Ikimbabaza gusa nuko abantu banga Kwiga Bible,igitabo rukumbi Imana yaduhaye ngo tumenye ibirimo.Njyewe nk’Umuvuga-butumwa,nshaka abantu twigana Bible ku buntu nkabona bake cyane.Iyo utazi neza Bible,ntabwo ushobora kumenya Imana n’ibyo idusaba.Muli make,ntabwo ushobora kuba umukristu nyakuri.Bituma ushobora kuzabura ubuzima bw’iteka.Kuba umukristu,si biriya abantu bagenda Pastors bakabacurangira mu nsengero,bakabaha icyacumi bagataha.Mujye mushaka umuntu mwigane Bible ku buntu.Turi benshi dukora ako kaz,kugirango dufashe abantu kumenya neza Imana.Niba ushaka kumenya Bible,andika ubisaba hano.