Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa mbere taliki ya 27/5/2019 saa tanu n’igice za mu gitondo (11h30) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bwubatseho inzu wa Mukanyandwi na Nsengiyumva iherereye mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Rilima, Akagali ka Kabeza, Umudugudu wa Bwiza kugira ngo harangizwe urubanza rw’ubutane .
Cyamunara ikazabera aho umutungo uherereye. Ukeneye ibindi bisobanuro wahamagara kuri nomero 0788734008.