Print

Vera Sidika uri mu bakobwa bakurura abagabo cyane muri EAC yavuze ku bagabo bafite ibitsina bito [AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 2 June 2019 Yasuwe: 6319

Uyu mukobwa uzwi cyane kubera ko yagacishijeho mu rukundo n’umuhanzi Otile Brown,yabwiye abamukurikira kuri Instagram ko igitsina kinini ku mugabo atari cyo gifasha umugabo gushimisha uwo bakorana imibonano mpuzabitsina, ko icy’ingenzi ari ubuhanga mu gukoresha icyo ufite.

Umufana yamubajije ati “ Ese igitsina kinini mu buriri ni kamara?

Vera Sidika ati “Si cyo cy’ingenzi ahubwo icy’ingenzi ni uko ukoresha igito ufite.
Ariko niba utazi kugikoresha byaruta ukagira kinini kugira ngo nibura umugore yirwaneho cyaguye. Kugira igitsina gito, ukaba utazi no kugikoresha ni nko kurota inzozi mbi.”

Byavuzwe kenshi mu binyamakuru ko Vera Sidika yatandukanye n’umuhanzi Otile Brown kubera ko ngo yari afite igitsina gito kitatumaga amugerera ku ngingo ari nayo mpamvu uyu mufana yamubajije iki kibazo kugira ngo yumve ikimuvamo.

Vera Sidika w’imyaka 29,ni umwe mu bakobwa bivugwa ko bakize cyane kubera ubwiza bwe, cyane ko abasore benshi muri Afurika by’umwihariko abahanzi bamugirira irari cyane.





Comments

gatare 2 June 2019

Birababaje kubona business ya mbere kuli iyi si ari ubusambanyi.Abantu baba bashaka kwishimisha gusa,bakabyita ko "bali mu rukundo".Bibabaza Imana cyane.Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Millions and millions z’abantu basambana,ntabwo bemera ko ari icyaha kizatuma babura ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje ivugwa muli 2 Petero 3:13.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.