Print

Indwara ya Asima (Asthma) ishobora kuvurwa igakira? Umva icyo abaganga bavuga

Yanditwe na: Ubwanditsi 3 June 2019 Yasuwe: 5352

Abenshi mu barwara Asthma ibatera ibibazo by’ubuhumekero cyane cyane nijoro, mu gitondo, bamaze gukora siporo cyangwa se mu bihe hakonje cyane.

Ibibazo by’ubuhumekero kandi biterwa na Asthma bishobora guturuka ku kutihangana k’umubiri ku bintu bimwe na bimwe nk’umwotsi,ivumbi n’ibindi. Abarwayi ba Asthma bagira ibibazo byo guhumeka, kuribwa mu gatuza, gukorora no gusemeka ndetse no guhera umwuka.

Dr. Murugu usanzwe afite ivuriro rivura hifashishijwe imiti bakora mu bimera avuga ko bafite umuti uvura indwara ya Asima igakira burundu mu gihe cy’amezi ane.

Dr. Murugu avuga ko umuti bakoze bifashishije ibimera uvura Asthma mu gihe cy’amezi ane gusa kandi mu gihe watangiye gufata uyu muti biba bitakiri ngombwa kugira ubwoba ko iyi ndwara yagufatira aho ariho hose ngo wirirwe witwaza ipombo igufasha guhumeka.

Yagize ati:” Umuti twakoze mu bimera, ukomatanyije n’imirire ijyanye n’inama tugira umurwayi watumye kuva mu myaka 17 ishize tubasha kuvura iyi ndwara ya Asthma mu gihe kigufi cyane cy’amezi ane umurwayi atangiye imiti”.


Dr. Murugu

N’ubwo Asthma ubusanzwe ari indwara ibarirwa mu ndwara za karande, Dr. Murugu avuga ko mbere y’umwaka wa 2000 mbere y’uko atangira ivuriro rye rivura hifashishijwe imiti y’ibimera, yabanje gukora ubushakashatsi ku miti abavuzi ba gakondo bokoreshaga mu buvuzi bwabo nyuma akaza gukoramo umuti ushobora kuvura indwara hafi ya zose za karande.

Yagize ati:” Twakoze ubushakashatsi ku miti yose abavuzi ba gakondo bakoreshaga, ubu hafi ya bose ntabwo bakivura, twegeranyije imiti y’ibimera bakoreshaga mu kuvura, nyihuza n’ubuhanga nari mfite muri Labo maze nkoramo umuti kugeza ubu ubasha kuvura indwara zigera kuri 95% za karande zizahaza abantu”.

Dr Peter Murugu ukomoka muri Kenya ni umuvuzi ukoresha ibimera, akavura zimwe mu ndwara zikomeye zigakira burundu. Dr Peter Murugu avura indwara zitandukanye zirimo amibe, igifu, umwijima, impyiko, asthma, imitsi, indwara n’ibibazo binyuranye bituma abagabo babura intege mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina n’izindi zitandukanye.

Hashize iminsi Dr. Murugu afunguye ivuriro “Murugu Clinics” mu Karere ka Gasabo i Nyarutarama aho bita mu Kabuga ka Nyarutarama ndetse rikaba ryakira abivuza indwara zitandukanye zirimo n’iza karande ziba zarananiranye.

Ushobora kubahamagara kuri telefoni igendanwa 0781000143 cyangwa 0783786569 cyangwa se ukabandukira kuri [email protected] cyangwa ugasura urubaga rwabo www.muruguasthmacure.com


Comments

Paul 24 February 2024

Ukeneye ko bagufasha niba urwaye INDWARA ZITANDURA NCDS cyane cyane Asthma,Sinesite hari aba NUTRITIONIST BABA NYAMERICA barimo kuzikoresha FOOD SUPPLEMENTS zizivura burundu wahamagara kuri +250728853922 bagufasha kuko bakomeje gufasha benshi


dynapharm international 29 June 2021

*#MENYA_ICYO_WAKORA_UKIRINDA_KURANGIZA_VUBA_cg_KUBURA_UBUSHAKE, MUGORE NAWE MUGABO.

#IGISUBIZO NG’IKI
👇🏼👇🏼👇🏼👇🏼
*+250783887766*

#Gukoresha neza uyu muti kabuhariwe ukorerwa muri Nature’s way®, Malaysia

*Byagukiza burundu*

✓kubura ubushake bwo gutera akabariro.

✓kurangiza vuba n’ibindi byerekeranye no gutera akabariro.

✓Gucika intege muri iki gikorwa (Kunyuzwamo ijisho)

✔️Kurangiza ituru yambere indi igatinda cg ikanga burundu..(Kugwa agacuho)
Call or WhatsApp +250783887766 uhabwe umuti.

⏬ABADAMU NABA’KOBABWA namwe tubafitiye umuti kuri:👇🏼👇🏼👇🏼

✅ Infection zose ziravurwa zigakira burundu.

✅Kubura ubushake n’amavangingo.

✅Ingaruka za onapo(kuboneza urubyaro).

✅Kubura urubyaro bitewe no kwifunga kwimiyobora ntanga ndetse nibibyimba muri nyababyeyi.
✅kubura imihango cyangwa Iza nabi ,Imisemburo yavuye kuri gahunda ....

#Twandikire WhatsApp cyangwa call tugufashe
+250 783887766
WhatsApp , call , SMS
BAZA MUGANGA✍🏻🚑🚑.

NB: *Dutanga inama ku ndwara ya Diyabete , Umuvuduko w’amaraso tuguha ibiwugabanya ukajya kugipimo gikwiye normal ,Tugufasha kugabanya ibiro ndetse n’umubyibuho ukabije bigendanye na group sangue yawe!! Tuguha inama kuri Sports ukwiye gukora nibyo ukwiye kurya. Dukorana na MINISANTE na FDA Rwanda.*

⚠️Imiti yacu ntago bisaba kuyikoresha buri gihe kuko uyikoresha inshuro imwe ugakira burundu.

#Tubyohereza Aho waba uherereye Kwisi hose kumigabane yose
twifashisha IPOSTA or DHL
more info please ask
*+250783887766*

MUSHOBORA NO KUDUSANGA AHO DUKORERA:

↔️RWANDA (kigali, Musanze, Rubavu.).
↔️ BURUNDI (bujumbura).
↔️ ZAMBIA.

Call or WhatsApp:
+250783887766


GIRAMAHORO ABEL 8 February 2021

Ndabashimiye cane, nanje nfaremye cane narimfite umuvanfimwe wanje ayirwaye nanje ndashaka ko naronka ubufasha nkaronka imiti yamuvuta naho yavurwa agakira