Mu minsi ishize abafana ba Manchester United bifashishije imbuga nkoranyambaga bandikira Fanny Neguesha ko yaza ku kibuga cya Old Trafford we n’umugabo we Mario Lemina kubera ubwiza bwe burangaza benshi.
Nubwo uyu mukinnyi ukomoka muri Gabon yifuzwa na Arsenal ndetse na Leicester,abafana ba Manchester United barifuza kumubona we n’uyu mugore we mwiza cyane ku kibuga Old Trafford.
Fanny na Lemina batangiye gukundana muri 2017 nyuma y’aho uyu mukobwa yari amaze gutandukana na rutahizamu Mario Balotelli bapfa ko yamufuhiraga cyane.
Umwe mu bafana ba Manchester United yandikiye Fanny kuri Instagram ati “Ngwino I Manchester Fanny.Wowe n’umuryango wawe muhawe ikaze.”
Uyu mufana yahise akurikirwa na benshi bakomeje kumwandikira bati “come to Manchester United".
Mario Lemina w’imyaka 25 na Neguesha w’imyaka 29 baherutse kwibaruka umwana w’umuhungu bise Isaïah-King mu mwaka ushize.
Mu minsi ishize nibwo Lemina yatangaje ko yifuza kwerekeza mu makipe akomeye kuko atagishaka kuguma mu ikipe ya Southampton gusa iyi kipe ye irifuza miliyoni 18 z’amapawundi ku ikipe imushaka.
isi irikoreye kbsa igituba nkiki kibaho mu rwanda ?
isi irikoreye kbsa igituba nkiki kibaho mu rwanda ?