Print

Patient Bizimana yavuze ku bukwe bwe anagaruka kuri Gaby Kamanzi bavuzwe mu rukundo

Yanditwe na: NIYIGABA DC CLEMENT 12 July 2019 Yasuwe: 4964

Ibintu byakomeje gukurura impaka mu bakunzi baba baririmbyi bombi babarizwa mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bitewe ’namafoto yabo yazengurukaga ku mbuga nkoranyambaga bahuje urugwiro.

Tukaba wegereye umuramyi Patient Bizimana aduhishurira byinshi ku mubano we na Gaby Kamanzi ndetse nibindi bimwerekeyeho muri rusange birimo n’ubukwe bwe.

REBA IKIGANIRO TWAGIRANYE HASI


Comments

tony 13 July 2019

Uriya wasengeye umwana kumuhanda yagirango abyifashishe asaba abantu kumufasha gutera inkunga uriya mwana kugirango ubuzima bwe n’umuryango we buhinduke!Kandi mukuri byakoze akazi keza ubuzima bw’uriya muryango bwarahindutse kuburyo bugaragara!