Ahagana saa mbili z’ijoro wyo ku munsi w’ejo,nibwo aba bagizi ba nabi bataramenyekana bari bitwaje intwaro binjiye mu rugo rw’uyu muyobozi bahatera gerenade nkuko ikinyamakuru SOS Media Burundi cyabitangaje.
Uyu muyobozi yatangaje ko yakomeretse bidakanganye nyuma y’iyi gerenade yatewe mu rugo rwe ndetse ngo nta kibazo afite kuri ubu.
Polisi yo muri aka gace yavuze ko aba bantu 5 bateye mu rugo rwa Denis Niyomuhanyi bamaze gutabwa muri yombi igikurikiyeho ari ukubahata ibibazo.
Aba nibabandi ngo barwanya Nkurunziza. Babafashe bajye babambika ipingu ubundi babarasire imbere y’abaturage.