Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 08/8/2019 saa saaba z’amanywa (13h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa (inzu) wa Ntakirutimana Emmanuel uherereye mu Karere ka Ngoma, Umurenge wa Rukumberi, Akagali ka Rubona, umudugudu wa Maswa I kugira ngo hishyurwe amafaranga yategetswe n’urukiko.
Cyamunara ikaba izabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel: 0788686811/072686811