Print

Umugore w’imyaka 38 yavuze akaga yahuye nako ubwo yateraga akabariro n’igipupe yaguze [AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 17 August 2019 Yasuwe: 8126

Iki gipupe yise Henry,Charlotte yakiguze amapawundi 1,200 kugira ngo kimumare ipfa yari afite ry’imibonano mpuzabitsina ariko nticyigeze kimugerera ku ngingo nkuko yabyifuzaga.

Yagize ati “Namaze iminota 15 ngerageza gutegura neza iki gipupe nise Henry.Byari bikomeye kuko umubiri wacyo ukomeye. Nagowe bikomeye no kwinjira mu bihe byo gutera akabariro na Henry.Byari bigoye.Nabanje kureba filimi y’urukozasoni kugira ngo ngire ubushake.

Cyapimaga ibiro 61 ariyo mpamvu uburyo bwo gutera akabariro bwashobokaga ari ukukijya hejuru [cowgirl].Twamaze umwanya dutera akabariro ariko sinigeze ndangiza.Nagikubise umugeri kigwa hasi ndangije nirwanaho.”

Abongereza benshi bakomeje kugana ibipupe byifashishwa mu gutera akabariro ndetse umwongereza umwe mu 10 yemera ko yasambanye n’ibi bipupe [sex dolls].

Biravugwa ko mu mwaka wa 2020 inganda zikora ibipupe byifashishwa mu gutera akabariro zizaba zibara inyungu ya miliyari 38 z’amapawundi aho bizaba aribyo bicuruzwa bigurwa cyane kandi byihuse cyane.