Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki ya 30/8/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bwa Mutabaruka Ephraim buherereye mu Karere ka Kamonyi,Umurenge wa Rukoma, Akagali ka Remera, Umudugudu wa Gisenyi kugira ngo harangizwe urubanza Mutabaruka Ephraim yatsinzwemo na Mount Meru Petroleum Rwanda Ltd.
Cyamunara ikazabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara Me Nyilishema Alain Tel: 0788276402