Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 17/10/2019 saa munani z’amanywa (14h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu wa Nikuze Florence uherereye mu Karere ka Bugesera Umurenge wa Rilima, Akagali ka Kimaranzara, umudugudu wa Gasabo kugira ngo harangizwe urubanza Sacco Rilima yatsinzemo Nikuze Florence.
Cyamunara ikaba izabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel igendanwa ya Me Rumamfura Matabaro Lionceau: 0788581602/0737805155.