Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 24/10/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’isambu wa Naramabuye Jean Paul uherereye mu Karere ka Gisagara Umurenge wa Mugombwa, Akagali ka Mukomacara, kugira ngo hishyurwe umwenda abereyemo Barirwanda Jean Marie Vianney.
Cyamunara ikaba izabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel igedanwa ya Me Ruvusha Justin: 0784859763/0785762006.