Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki 26/11/2019 saa munani z’amanywa (14h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’isambu n’inzu wa Naramabuye Jean Paul uherereye mu Karere ka Gisagara Umurenge wa Mugombwa, Akagali ka Mukomacara, kugira ngo hishyurwe umwenda abereyemo Barirwanda Jean Marie Vianney.
Cyamunara ikaba izabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel igendanwa ya Me Ruvusha Justin: 0784859763/0785762006.