Print

Reba uburanga bw’inkumi y’uburanga bwavugishije benshi iri mu rukundo na Otile ufitanye indirimbo na The Ben[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 3 December 2019 Yasuwe: 4262

Otile Brown utari uherutse kwiyerekana mu rukundo n’umukunzi we Nabbi muri iki cyumweru aba bombi basakaye ku mbuga nkoranyambaga zo muri Kenya kubera bongeye kwigaragaza mu mubano wari umaze igihe usa n’uwasinziye, Nabbi ni umukobwa w’uburanga ukomoka muri Ethiopia akaba ariwe wafashe umutima w’umukunzi we igihe cyirekire.

Aba bombi babaye ibiganiro ku mbuga nkoranyambaga no mu biganiro abanya Kenya bakomeje kugirana hagati nyuma y’amashusho basohoye bamaze gusohokana maze Otile Brown ayiherekesha aya magambo “icyintu cyo nzi neza mukobwa ni uko ngufite”.


Comments

assiah 3 December 2019

Sha ndabona ari saw da