Nk’uko uyu mukobwa yabitangaje ngo kuva yavuka ntiyari azi uko umukobwa na se babana n’uburyo agomba kumwitwaraho. Ati: “Nkimara kubona data sinari nzi uko ngomba kumwitwaraho gusa nari nzi ko ngomba gukoresha uko nshoboye akankunda maze na we akimbona arankunda ni ko guhita tujya mu buriri.
N’ubwo kugeza ubu ntaramwibwira njya kumureba inshuro nyinshi kandi ni uko tubanye.”
Uyu mukobwa kugeza ubu ngo afite imitima myinshi kuko yishinja ko yaba yarakoze ibidakorwa none atangiye kugabanya kubonana na se ariko nanone agatinya ko se nabona atangiye kumwima igihe azakoresha ubushakashatsi yanamumenya ugasanga amuteye intimba.
Iyinkuruniteye asyi ntakinu kirimo rwose yandikanye ubusea