Print

Umwarimukazi yasambanyije abanyeshuri benshi b’abahungu aruta

Yanditwe na: Martin Munezero 8 December 2019 Yasuwe: 4028

Kirstie Rosa yafashwe ku wa gatanu na polisi yo muri Leta ya Florida iherereye muri Leta zunze Ubumwe za Amerika aho umukoresha we ari umwalimu mu kigo kitwa Collier County, yaguwe gitumwa ari gusambanya umwana muto w’imyaka cumi n’itanu y’amavuko yamuhaye ubwoko bwinshi bw’ibiyobyabwenge birimo urumogi, ibisindisha na Nicotine.

Abayobozi b’ishuri rya Collier County buvuga buvuga ko Rosa yasambanije umwana w’imyaka cumi n’itanu inshuro nyinshi aho babaga bari kurebana Televiziyo mu rugo, nyuma abayobozi b’ishuri baza kubona amashusho ya camera z’umutekano yafashe uyu mukozi asambanya umwana.

Rosa yabwiye abakoraga iperereza ko usibye kuba yararetse uyu mwana ashinjwa gusambanya bakogera mu bwogero bumwe nta kindi kintu gigeze amukoraho na kimwe, ababyeyi barerera muri Collier County bavuga ko imyitwarire yo guha abana bato ibiyobyabwenge ari ishyano ritihanganirwa.


Comments

hitimana 8 December 2019

Nukuvuga ko yakoze ibyaha 3: Pedophilia,gusambana no guha umwana drug.Aka ni akumiro.
Nubwo abantu Millions and millions z’abantu basambana,Imana yaturemye irabitubuza.Itwemerera kuryamana n’umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Iyo urebye usanga abantu basuzugura Imana mu rwego rwo gushaka Kwishimisha.Ariko ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.It is a lack of wisdom.