Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 06/12/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara imitungo itimukanwa ya Hacineza Jean Pierre iherereye mu Kagali ka Ruramba, Umurenge wa Ruramba Akarere ka Nyaruguru kugira go hishyurwe umwenda abereyemo Sacco Ruramba.
Cyamunara ikazabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel igendanwa ya Me Rumamfura Matabaro Lionceau: 0788581602/0737805155.