Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatatu taliki 05/02/2020 saa munani z’amanywa (14h00) azateza muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu wa Mukakanani Grace uherereye mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Kigarama , Akagali ka Nyarurama, kugira ngo hishyurwe umwenda abereyemo Mukanyirigira Herniette.
Cyamunara ikaba izabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel igendanwa ya Me Nshimiyimana Claude : 0788550841