Print

Hari inzu nziza igurishwa iri Karuruma hafi n’Akagera Motors, hari n’izindi nyinshi wasanga ku rubuga www.mdgrou.com

Yanditwe na: Ubwanditsi 11 February 2020 Yasuwe: 3665

Iyi nzu igizwe na niveau ebyiri, hasi hagizwe n’icyumba cyo kuraramo , igikoni, douche, saloon na salle a mange(dining room); hejuru igizwe n’ ibyumba byo kuraramo 4, douche 3 na toilette zazo. Ikaba kandi ifite n’amabaraza ane imbere n’inyuma aho mwicara mufata akayaga. Ikaba ifite ubuso bwa metero kare Magana acyenda na mirongo icyenda n’icyenda (999 m2 )


Ifite kandi ubusitani bunini bwakwakira abantu benshi na parking ihagije yakwakira imodoka 3. Ni inzu ifite ibikoresho byose bimeze neza munzu, amazi, umuriro, igipangu cya block ciment...



Akarusho kuri iyi nzu ni uko ifite na annexe nini igizwe n’ icyumba cyo kuraramo,saloon , douche na toilette . Iyi nzu ikaba iherereye muri karitsiye nziza. Ikaba yarabariwe agaciro ka miliyoni 86 z’amafaranga y’u Rwanda.

Video igaragaza ubwiza bw’iyi nzu

Ku bifuza kureba andi mazu n’ibibanza basura iri soko rusange www.mdgrou.com wasanga ho ubwoko bwose ari agurishwa ndetse n’akodeshwa aherereye ahantu heza ku giciro cyiza.

Multi Design Group ni sosiyete y’ubucuruzi isanzwe itanga serivisi zitandukanye zirimo kugena agaciro k’imitungo, gucunga imitungo itimukanwa, gukora no gucunga imishinga n’ibindi.

Multi Design Group kandi ni umuterankunga wa Miss Rwanda 2020 aho bazahemba igisonga cyambere asaga Million imwe nibihumbi Magana abiri yamanyarwanda ( 1,200,000 Rwf) n’itike yindege izahabwa Miss Rwanda.

Multi Design Group ikaba itanga na servise zo kugurisha no gukodesha imitungo itimukanwa amazu n’ibibanza ku rubuga rwa www.mdgrou.com aho umuntu wifuza kugura inzu cg ikibanza agana uru rubuga ruba ruriho imitungo itimukanwa y’ubwoko bwose iherereye mu bice byose by’ U Rwanda cyangwa agakorana n’abakozi b’iyi company babyigiye bakakugira inama zijyanye n’ibyo wifuza kuko amategeko yerekeye ubutaka mu gihugu baba bayazi bakanagufasha kubona ibihwanye nibyo wifuza ku giciro cyiza kandi mu gihe gito.

Tukaba tuboneyeho no gushishikariza abantu bafite amazu yo kugurisha cyangwa se ayo gukodesha yaba ayo gucururizamo, ama apartments cyangwa se andi asanzwe yo guturamo ko batugana tugakorana tukabashakira aba client bazikodesha ndetse nabagura kubashaka kugurisha .

Abantu bashaka kugura amazu n’ibibanza tubahaye ikaze batugane bazahabwa servise nziza banakorane nabakozi babyigiye babifitemo uburambe. Kubindi bisobanuro wagana urubuga rwa www.mdgrou.com cyangwase ugahamagara numero Tel: (+250) 782456085/ (+250) 788581726 .