Print

Miss Universe Tunzi ubwo yagarukaga ku ivuko abenshi bataye akazi abandi bava mu mashuri[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 17 February 2020 Yasuwe: 5150

Ku munsi wejo nibwo yageze muri Afrika yepfo abenshi bakaba barasohotse mubiro byabo ndetse n’abanyeshuri bo muma univerisite bakaba barasohotse mumashuri baza kwihera ijisho Tunzi ,nyuma y’uko ahawe ikamba mu kwezi kwa 12 umwaka ushizendetse kandi Tunzi akaba yaje kugeraho yisunga Nyampinga wa Afrika yepfo Sasha-Lee Olivier.

Tunzi yagarutse muri Afrika yepfo aturutse muri leta zunze ubumwe za Amerika amaze kandi kurangizanya n’abanya pueritorico yewe n’abanya Mexique bari bahnganye ariko akabatwara ikamba.

Ubwo yageraga iwabo Tunzi w’imyaka 26 y’amavuko yahise yerekeza aho yavukiye,mu burasirazuba bw’intara ya Cape aho yakiriwe by’agatangaza n’impundu ndetse n’imbyino gakondo nk’ikizulu n’izindimuri stade.

Tunziyakoze amateka yo kuba Nyampinga wisi Miss Universe wari wambaye ikabutura ndetse afite n’umusatsi Karemano,ubwo yambikwaga iri kamba yavuze ko azaharanira guhinduraicyo ubwiza aricyo akongerera icyizere abana batob’abakobwa cyo kugera ku nzozi zabo.