Print

Umusore yakoze agashya atera inda abakobwa 3 bavukana

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 1 March 2020 Yasuwe: 28868

Uyu musore utavuzwe amazina yatunguye benshi ku mbuga nkoranyambaga kubera ibi yakoze byo gutera aba bakobwa batatu bavukana inda.

Uyu musore yahereye ku mfura,afata ubuheta n’ubuheture bose abatera inda arangije ajya ku mbuga nkoranyambaga yivuga ibigwi ati “Nabateye inda bose mu mwaka umwe wa 2019.Hagati ya Mutarama na Werurwe.”

Imfura n’uwa 3 babyaye abakobwa mu gihe umukobwa wa 2 we yamubyariye umuhungu.Igitangaje nuko ngo ababyeyi b’aba bakobwa bashimiye uyu musore bamubwira ko yakoze akazi keza ko gutera inda aba bakobwa bose.

Aba bakobwa nabo ngo nta mutima mubi bagize nyuma yo kumenya ko batewe inda n’umusore umwe wabateretaga bose uko ari 3.



Comments

vincent Nevine 3 March 2020

Buratangaje pe!!!!!!


munyemana 2 March 2020

Aka ni agashya.Ni imfizi y’umusozi.Ikibazo nuko atabarongoye.Nubwo abantu miliyoni na miliyoni baryamana batarashakanye mu rwego rwo kwishimisha,Imana yaturemye irabitubuza.Itwemerera kuryamana n’umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma bikazakubuza ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.


2 March 2020

Eeeee!! musore akazi kose bakaguharire kuko uragashoboye pe ariko ndakwiyamye utazagera nokuribashiki banjye


NIREMBERE EMMANUEL 1 March 2020

NIKIBAZO KANDI BITEYE AMASEKA ESE ABO BANA BAZITANA NGONGW .IKI? MU MASANO.