Print

Itangazo rya cyamunara y’amazu yo guturamo aherereye Mayange mu Karere ka Bugesera

Yanditwe na: Ubwanditsi 6 March 2020 Yasuwe: 602

Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 13/03/2020 saa saba z’amanywa (13h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’amazu yo guturamo wa Mubashankwaya aherereye mu Karere ka Bugesera Umurenge wa Mayange, Akagali ka Mbyo, Umudugudu wa Rugarama kugira ngo harangizwe urubanza Sacco Mayange yatsinzemo Iragire Carines Agnes n’umwishingizi we Mubashankwaya Leopard .

Cyamunara ikaba izabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel igendanwa ya Me Kagame K Feston: 0788734008.