Imbere y’inshuti n’abavandimwe bari bateraniye ahitwa Quiet Haven I Nyarutarama mu mujyi wa Kigali,nibwo uyu mukinnyi unakinira ikipe y’igihugu yasabye uyu mukunzi we kuzamubera umugore undi abyemera atazuyaje.
Niyonzima amaze igihe akundana n’uyu Mushambokazi kuko inshuro nyinshi yemereraga ibinyamakuru ko afite umukunzi ariko ntiyigeze atangaza amazina ye.
Niyonzima Olivier Sefu yazamukiye mu ishuri ryigisha umupira ry’Isonga, avamo muri 2015 yerekeza muri Rayon Sports yakiniye imyaka 4, yavuyemo muri Kamena 2019 ahita asinyira APR FC amasezerano y’imyaka 2.
None se sefu yatandukanye n umugore wa mbere yewe abakinnyi we ariko abakobwa nabo bajye bashishoza
None se sefu yatandukanye n umugore wa mbere yewe abakinnyi we ariko abakobwa nabo bajye bashishoza
None se sefu yatandukanye n umugore wa mbere yewe abakinnyi we ariko abakobwa nabo bajye bashishoza
None se sefu yatandukanye n umugore wa mbere yewe abakinnyi we ariko abakobwa nabo bajye bashishoza