Nyuma y’aho hari abibasiye Angeli Mutabaruka, umunyamakuru wa TV1 kur rubuga rwe rwa twetter bamutuka mu buryo bunyuranye we avuga ko ibi bimuteye impungenge kuko avuga ko abamutuka batibasira ibitekerezo bye ahubwo bamwibasira we ubwe ndetse bikaba binamuteye impungenge aho avuga ko ubuzima bwe bushobora kujya mu kaga.
Twagiranye ikiganro cyagarutse kuri ibi bibazo avuga ko afite ndetse no ku bindi binyuranye. Gusa avuga ko Polisi ayizeye ko icyamubaho cyose yamutabara.
Kurikira ikiganiro cyose twagiranye.
bakirikiranwe
Ukuri niko kuzabatura abantu ariko abantu banga urunuka ukuri.
Niba Angeli ufite ubwoba,senga cyane.
Imyumvire ikiri hasi mubaturage nicyo kibazo uri umunyamakuru knd ugomba kuvuga ibigenda nibitagenda neza
Ntibiguce intege
Nibakureke barakubaza iki kurumunyamakuru mwiza
Nibakureke barakubaza iki kurumunyamakuru mwiza
Nibakureke barakubaza iki kurumunyamakuru mwiza
Nibakureke barakubaza iki kurumunyamakuru mwiza
Banza Imana ariyo wizera! Naho hari abapfuye kandi iyo Polisi ihari, yaranabimenyeshejwe! Mbere na mbere Imana!!!