Print

IJAMBO RY’UMUNSI:Ubuzima budasanzwe bw’umuntu-Rev.Nibintije

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 24 April 2020 Yasuwe: 597

Nshuti Ya NEMI TV

•Ubuzima budasanzwe ntabwo ari ubuzima butagira amakosa.

•Ni ubuzima bw’ intsinzi nyuma y’ AKAJAGARI.

•Ubuzima budasanzwe ni ubuzima bwemezwa n’ icyo wifuza kuzaba ejo hazaza.

*Kurikirana iyi nyigisho mu buryo burambuye
Kandi Kora Subcribe mugufatanya natwe mu kwagura umurimo w’ Imana. Turanezerwa kandi bitwongere imbaraga ni ubikora.

Imana iguhe umugisha.


Comments

gisagara 25 April 2020

Murakoze Pastor NEMI.Icyo nakongeraho nuko Umukristu nyakuri wese agira ubuzima budasanzwe,budasa n’ubw’abandi bantu.Nkuko Yesu yabivuze muli Yohana 15:18-20,abantu batuye isi batoteza umukristu nyakuri.Kubera ko akora ibintu bitandukanye n’ibyo bakora,bakanga kwemera ko ari icyaha.urugero,bafata gusambana nk’aho atari icyaha,bakabyita "kuba mu rukundo".Umukristu nyakuri ntajya mu ntambara zibera mu isi,kubera ko Yesu yatubujije kurwana,akagusaba gukundana nkuko Yohana 13:35 havuga.Ibyo nabyo bituma Leta igufunga,kubera ko wanga kurwanira igihugu.
Muli Yohana 17:16,Yesu yabujije kuba "abisi".Bisobanura ko abakristu nyakuri birinda kujya muli politike.Kubera ko ikorerwamo ibibi byinshi,harimo inzangano,guhangana,etc...