Print

VIDEO:Guma murugo yatangiye umugabo wanjye adahari! Ikiganiro cyihariye na Samanta wamamaye muri filimi nyarwanda

Yanditwe na: NIYIGABA DC CLEMENT 27 April 2020 Yasuwe: 5208


Samanta ukunzwe nabatari bake muri filime nyarwanda

Muri ibi bihe turimo byo Kurwanya no gukumira ikwirakwira ryicyorezo cya COVID-19 byumwihariko tuguma Murugo, Uyu Samanta ntago byamuguye neza dore ko byatangajwe umugabo we atabarizwa mu Rwanda.

Mukiganiro kihariye yahaye DC TV RWANDA yatangaje ko kubera gahunda ’akazi, gahunda ya guma murugo yaje umugabo we yaragiye hanze.

Ati"nibyo koko twumvise iyi gahunda ya guma murugo yaragiye hanze, urumva rero ntakundi byari kugenda. nanubu kandi aracyariyo"

Samanta yakoze ubukwe mubirori bidasanzwe byabaye kuwa 15 Ukuboza 2019.

Nyuma ya guma murugo yatangaje ko ibikorwa ari byinshi nacyane ko bafite imishinga ya film y’uruhererekane bari batangiye gukoraho mbere yiyi gahunda.

IKIGANIRO KIHARI NA SAMANTA WAMAMAYE MURI FILIME NYARWANDA