Print

Umuherwe wakoze ubukwe n’umukobwa w’imyaka 19 bugahinduka ibiganiro hose yasobanuye impamvu itangaje yabimuteye

Yanditwe na: Martin Munezero 20 May 2020 Yasuwe: 9474

Regina Daniels niwe umkobwa muto w’umukinnyi wa filimi ku myaka 19 washyingiwe n’umucuruzi akaba n’umugaraneza bituma abantu batandukanye muri Nigeria banshinja umubyeyi w’uyu mukobwa ko ariwe wakoze ibishoboka byose kugirango umukobwa we ukiri muto ashyingiranywe n’umunyamategeko ukuze amukurikiyeho amafanga n’ubwo Ned Nwoko bashyingiranywe yaje kuvuga ibindi.

Umuherwe Ned Nwoko yaganiriye n’umunyamakuru witwa Kemi Ashefon maze arirekura asobanura icyabimuteye,ko ari uko uyu mukinnyi wa filimi ari umuyisiramukazi kandi yari yiteguye gushyingirwa kimwe n’abandi bagore bose. Aba bashyingiranywe umwaka ushize 2019

Impamvu y’uyu mugabo ukora imirimo myinshi irimo iya politiki, ubucuruzi ndetse no gufasha yakomeje kugibwaho impaka bibaza icyatumye adashaka ko ababikurikirana Regina Daniels bamenya icyo abivugaho nyuma y’uko we avuze uko abyumva.


Comments

20 May 2020

Niba nta gahato,ntacyo


20 May 2020

Niba nta gahato,ntacyo