Print

Nkunda abagabo bakuze kurusha abasore gusa aho kuryamana n’umusaza twasomana-Gloria aratangaje[AMAFOTO+ VIDEO]

Yanditwe na: NSHIMIYIMANA Janvier 9 July 2020 Yasuwe: 23858

Gusa abahanzi akenshi bakunze kuririmba bene izo ndirimbo bakoresha amagambo azimije cyane bitewe n’umuco w’igihugu cyabo. Indirimbo Igare ya Mico the Best ni imwe mu ndirimbo ziharawe cyane n’urubyiruko hano mu Rwanda.

Bamwe mu bayiharaye harimo na Niyonkuru Gloria uzwi na Bebe uvuga ko akunda cyane amagambo ari muri iyi ndirimbo ngo bitewe n’uko yamukoze ahantu.

Aganira n’umunyamakuru wa Umuryango yagize ati” Nkunda ukuntu aba avuga ngo urira, nyonga, Manuka, zamuka ibintu nk’ibyo nkibyo.”

Yakomeje avuga ko bibaye byiza umukobwa w’i Kigali yagakwiye kuba azi kunyonga nabo bakagira umuco nk’uwabakobwa n’abagore bo muri Congo.

Bebe yabajijwe impamvu abakobwa bakunda cyane abagabo bakuze avuga ko umugabo ukuze aba azi ubwenge, afite byinshi yitaho ndetse ntana stress atera, we akumva ko nk’umwana w’umukobwa ukeneye umugabo yarenza amaso abasore bato akikundanira n’umugabo ukuze cyangwa se umusore ufite imyaka myinshi.

REBA HASI IKIGANIRO TWAGIRANYE