Print

Mu buryo butunguranye,Harriet umunyeshuri muri Kaminuza yashyize hanze urutonde rw’abagabo baryamanye nawe akabanduza Sida mu buryo bwo kwihorera

Yanditwe na: Martin Munezero 13 August 2020 Yasuwe: 25790

Urebye, Harriet yitwaza ibintu byose umugabo asanzwe yifuza kandi ararikira, afite ikibuno, ingano, ishusho ndetse no mumaso heza. Afite kimwe cyose cyatuma umugabo uwo ari we wese amwirukaho.

Icyakora yahungabanije ubuzima bwa benshi, ubwo yabyaturaga ku ya 3 Kanama, ku rubuga rwe rwa instagram, atangaza ko ari mwiza kandi ko yaryamanye n’abagabo mu rwego rwo kwihorera.

Harriet yatangaje ko yamenye ko yanduye virusi nkuko abivuga muri videwo yakoze, ariko ahitamo guceceka ku bijyanye n’ubwandu bwe kuko yari afite uburakari bwinshi.

Yanduje abagabo benshi ku buryo yakoze urutonde nyuma rushyirwa ku mbuga nkoranyambaga. Urutonde rwerekanye amazina 16 ya mbere y’abagabo yanduje virusi itera Sida ndetse nikigo cyabo.

Binyuze kuri konte yeya Instagram, Harriet yasabye abagabo bagiye bahura nawe kwipimisha, ati:

Igihe kirageze ko mvugisha ukuri. Nashavuye amezi menshi ariko singishoboye kwihangana. Nanduye virusi itera sida kandi nanduje abagabo. Nsabye imbabazi, mumbabarire. Mugerageze mwipimishe murebe niba narabanduje.

Urutonde rw’amazina y’abagabo yanduje VIH / SIDA


Comments

Rukundo 15 August 2020

Hhhhh ngo RIB Imuhane, RIB se irenga imbibi zu Rwanda!!!!


inumakazungu 14 August 2020

Uyu mukobwa ntasanzwe,..hhh akabavuga n amazina abo yahuye nabo Bose? None c kuki abyita kwihorera,...aba 16 nibo bamwanduje?!Ikindi yamenya niuko uko uryamanye n uwanduye,siko nawe ahita yandura,...wasanga muri bariya 16 bose ntawigeze yandura!! !! Ahubwo buriya yiteje ibubazo ..bashobora kumugirira nabi.


Phanuel 14 August 2020

Kwanduza umuntu virus itera SIDA ubuzi bihanwa n’amategeko. RIB ikore akazi kayo.


muhisha peter 14 August 2020

Uyu mukobwa RIB ikwiye kumufata agahanirwa kwanduza abantu kubushake kuko itegeko rirahari ndetse nicyaha gushyira abantu kukarubanda