Hari Minisiteri zikurikirana ibikorwa byazo kugeza hasi ku muturage. Ariko hari igice cy’imirimo ya zimwe muri Minisiteri gikorwa na Minaloc! Mu kiganiro Akarayifumbwe
twibajije mu gihe Mineduc n’ibigo byayo byaba bikuwe mu kwaha kwa Minaloc niba hari icyahinduka aho guhora hirukanwa aba Minisitiri n’abayobozi ba REB nyamara ntibigire icyo bikemura? Kurikirana ikiganiro?