Print

Yolo yashimangiye ko ari we mukobwa ushobora kuba afite imiterere y’umubiri uteye neza kurusha abandi mu Rwanda[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 27 November 2020 Yasuwe: 13001

Ibi bikaba byahamijwe n’abamukurikirana ku mbuga nkoranyambaga ze nyuma y’amafoto yashyize hanze mu minsi ishize abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram aho abatari bake bagiye batangarira imiterere y’umubiri we.

REBA HASI UMUBUMBE W’AMAFOTO ’YOLO THE QUEEN’ YASHYIZE HANZE AGARAGAZA IMITERERE Y’UMUBIRI WE:







Kugira ubwiza burangaza benshi ndetse nimiterere ikurura benshi bigahuzwa no kwibanda mugukoresha imbuga nkoranyambaga nibyo byatumye umukobwa uzwi nka YOLO THE QUEEN ku mbugaze nkoranyambaga agaragarizwa urukundo n’ibyamare bikomeye cyane nka DIAMOND Platnumz ndetse n’umuraperi ukomeye cyane ku Isi DRAKE.

Ntabwo ari abo gusa bamukurikira kuko nabandi benshi bingeri zitandukanye baramukurikira ndetse usanga badahwema no kumugaragariza ko bamukunze ’LIKE’ banyuze kurizo mbuga nkoranya mba ze.

Ahanini uyu mukobwa w’umunyarwandakazi mu bintu bituma akunzwe cyane n’ibyamamare ku mbuga nkoranyambaga nka Instagram,harimo imiterere y’umubiri we ndetse n’uburanga bwe butangarirwa n’abatari bake.

Yolo ni umwe mu bakobwa bake b’abanyarwanda bigaragaje ku mbuga nkoranyambaga ko bakunzwe n’ibyamamare ku Isi,nyuma ya ShaddyBoo na Kate Bashabe,kuko nabo byagiye bigaragara ko bakundwa n’ibyamamare byiganjemo n’abakinnyi bo mu makipe y’umupira w’amaguru akomeye yo ku Isi.


Comments

MABANO 29 November 2020

afite umwatate wacyo kabisa


29 November 2020

Ntazabe mwiza mumafoto gusa ahubwo nomubikorwa bifitiye rubanda akamaro