Print

Umwarimu yaguwe gitumo asambanya umunyeshuri we mu ishuri

Yanditwe na: Martin Munezero 5 December 2020 Yasuwe: 10093

Ibi byari ibintu by’umwarimu w’imico isuzuguritse birenze kamere, arenga ku mategeko agenga abarezi mu bigo by’amashuri, aho ibikorwa bye byakuruye ibibazo n’ibisubizo byinshi mu bitangazamakuru bitandukanye byo kuri interineti..

Nkuko byagaragajwe na raporo, uyu munyacyaha ngo ngo ni umwarimu wa siyansi, wigize nk’uwakomeje isuzumabumenyi ry’uyu munyeshuri yigisha, mu gihe abandi bari kuruhuka, yihishe inyuma yo kumufasha gukemura ikibazo cy’imibare uyu mwangavu ukiri muto yari yaramubajije mbere.

Ibi byaje gukomeza kugeza ubwo umunsi umwe ubwo abiga bose basubiye murugo, igihe ahantu hose ntawaharangwaga uyu murezi yatangiye gutereta uyu munyeshuri maze batangira gusambanira ku ntebe yabanyeshuri.

Bibabaje kuri we, umunyeshuri umwe yaje kwibuka ko hari ikintu yibagiriwe mu ishuri maze agaruka kugifata, mu kuhagera yatangajwe n’ibo ahasanze maze aho kuzamura ijwi, yahisemo gutangira gufata amashusho mbere kugirango umwarimu atabona ibibaye.