Print

Atewe agahinda no kuba ubunini bw’amabere ye bwaratumye asambana n’abagabo 150 bamubeshya ko bamukunda [AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 11 February 2021 Yasuwe: 4611

Uyu munyamideli ari mu gahinda gakomeye ko kuba amabere ye yaramukururiye akaga kuko aba bagabo bose bayararukiraga bikabatera gucumura bamubeshya ko bamukunda kandi icyo bashaka ari ukuyaryamamo.

Mu kiganiro yahaye itangazamakuru,uyu mukobwa usanzwe ari n’umukinnyi wa filimi yavuze ko nta mugabo n’umwe muri aba 150 wamukundiye uko ari ahubwo bose bararuwe n’aya mabere ye Manini bikabatera kumubeshya ko bamukunda nawe akirekura bikarangira bakajyana mu gitanda.

Uyu mugore wamamaye mu binyamakuru n’ahandi kubera aya mabere ye Manini bidasanzwe,yavuze ko ubu nta mugabo n’umwe agikunda kuko ngo bose yabavumbuye baza bashaka kumwishimishaho nta rukundo bagira.

Uyu mugore yaje gutera urwenya ko hari umugabo umwe bigeze gutera akabariro barangije amunigisha aya mabere ye kugeza ubwo ngo yananiwe guhumeka.