Print

Reba ikimero cya Karamira Uwera ugiye kuba umugore wa Patient Bizimana[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 20 February 2021 Yasuwe: 11802

Mu kiganiro yagiriye kuri Kiss fm , Patient Bizimana yagize Ati: “Ubukwe bwagombaga kuba umwaka ushize ntibwaba ku bw’ikibazo cya COVID-19 ariko uko byagenda kose uyu mwaka ndifuza kubirangiza. COVID-19 yashira itashira ibintu bigomba kuva mu nzira.”

Uyu mugabo w’imyaka 34 y’amavuko yakomeje avugako ubukwe bwe buzabera mu Rwanda , gusa aho bazabanira n’umugore we utuye muri Amerika ngo bazaba bahareba nyuma.

Twifashishije urubuga rwa Instagram rero aha twabahitiyemo amafoto 10 ya Karamira Uwera Gentille wanamaze gusezeranira na Patient Bizimana imbere y’amategeko mu muhango wabereye I Gisenyi mu karere ka Rubavu.







Comments

Antoine Rugaragara 20 February 2021

ubuse Ikimero kirihe? ntimugakabye ngo musomwe


Antoine 20 February 2021

ubuse ikimero kirihe mubyo mwerekanye. ntimugakabye