Mu kiganiro yagiriye kuri Kiss fm , Patient Bizimana yagize Ati: “Ubukwe bwagombaga kuba umwaka ushize ntibwaba ku bw’ikibazo cya COVID-19 ariko uko byagenda kose uyu mwaka ndifuza kubirangiza. COVID-19 yashira itashira ibintu bigomba kuva mu nzira.”
Uyu mugabo w’imyaka 34 y’amavuko yakomeje avugako ubukwe bwe buzabera mu Rwanda , gusa aho bazabanira n’umugore we utuye muri Amerika ngo bazaba bahareba nyuma.
Twifashishije urubuga rwa Instagram rero aha twabahitiyemo amafoto 10 ya Karamira Uwera Gentille wanamaze gusezeranira na Patient Bizimana imbere y’amategeko mu muhango wabereye I Gisenyi mu karere ka Rubavu.
ubuse Ikimero kirihe? ntimugakabye ngo musomwe
ubuse ikimero kirihe mubyo mwerekanye. ntimugakabye