Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 04/03/2021 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ikibanza kirimo n’inzu iherereye mu Karere ka Kicukiro Umurenge wa Kicukiro, Akagali ka Kagina, Umudugudu wa Multimedia
Gupigana ku buryo bw’ikoranabuhanga bizatangira taliki 27/02/2021 saa tanu z’amanywa birangire taliki 04/03/2021 saa kumi za mugitondo (04h00). Gusura uwo mutungo aho uherereye bikorwa mu masaha y’akazi.
Niba ukeneye ibindi bisobanuro wareba itangazo rir hano hasi cyangwa se ugahamagara Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga Me Gervais Bajeneza kuri nomero 0788357831/0785109745.