Mulindahabi mubateguye ibirori bitemewe
Mu giitondo cyo kuri uyu wa 30 Werurwe 2021 ku kicaro cya Polisi y’Igihugu habereye umuhango wo kwereka itangazamakuru, abantu 39 barimo abamazina azwi cyane mu Rwanda, ko barenze ku mabwiriza yo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid-19 bagategura ibirori byo kwishimisha nyamara bitemewe.
Umuhanzi Social Mullah yarafite isoni
Ibi birori ntago byaje gusozwa no kwambara amapingu