Uwitwa KALEB Jean de la Croix yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa Manzi Caleb mu bitabo by’irangamimerere.
Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko ashaka kwitwa izina ry’umuco nyarwanda.
Ingingo z’ingenzi yashingiyeho asaba inzego zibishinzwe guhindura amazina zikaba ziri hano hasi: