Print

Reba ubwiza n’ikimero bitangaje by’Umukobwa watwaye umutima wa Diamond

Yanditwe na: Rebecca UFITAMAHORO 18 June 2021 Yasuwe: 5596

Mu kiganiro yagiranye na Wasafi FM, ikaba na radio ye, yavuze ko ubu aryohewe n’urukundo rwa Andrea yatangiye gutereta muri 2013 ariko akamwemerera umwaka ushize wa 2020.

Yagize ati”ni mwiza, ni mwiza pe. Azi uburyo bwo kubana mu mahoro n’umuryango wanjye nta binyoma. Natangiye kumutereta muri 2013, akomeza kunjyana hirya no hino, yanyemereye umwaka ushize."