Print

Umusifuzi w’umugore ufite uburanga budasanzwe asifurira abagabo bakamurangarira[AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 10 July 2021 Yasuwe: 6708

Umugore witwa Akhona Makalima n’umwe mu basifuzi bari kuzamuka cyane mu mupira w’amaguru w’afurika gusa uburanga bwe bukomeje gutuma amenyekana cyane.

Uyu mugore w’imyaka 32 aheruka gusifura umukino wa Cosafa uherutse guhuza Zambia na Lesotho kuwa Kane.

Uyu niwe mugore wa mbere wahawe ibyangombwa byo kuba umusifuzi mpuzamahanga muri Afurika y’Epfo aho asifura imikino ya FIFA,Premier Soccer League,SASOL Women’s League n’indi.

Guhera ku myaka 23 madamu Makalima yazengurutse igihugu cye asifura imikino itandukanye,ubu akaba afite ubunararibonye bw’imyaka 10.

Amakuru avuga ko uyu musifuzi aca bugufi ndetse afite umwuka uhagije kugira ngo akore akazi ke neza.

Uyu mugore yize Human Resources Management







Comments

Mugisha 11 July 2021

ariko mwagiye mureka gukabya!! uburanga iki kigabo gifite ni ubuhe?