Print

Ibintu 7 biza ku isonga umukobwa yitaho kureba ko ufite igihe abona umushaka.

Yanditwe na: Rebecca UFITAMAHORO 15 July 2021 Yasuwe: 19268

Ubu busesenguzi yihutira gukora mu minota mike abakobwa n’abagore benshi babuhuriyeho.

Ntabwo butwara igihe kinini akwigaho ahubwo bifata igihe gito gishoboka.
Ibi bintu bukurikira abakobwa n’abagore babyitaho iyo muhuye akabona ko hari icyo umushakaho:

1.Imiterere y’umubiri wawe

Imiterere y’umubiri wawe iba ivuze ikintu kinini kuri we. Abakobwa n’abagore benshi bakunda umusore wubatse umubiri.
Bityo rero iyo muhuye yita kureba ibiro byawe n’ingano yawe.

2.Isura

Iki ni igice abakobwa n’abagore bakunda kwitaho.
Iyo abonye ufite mu maso hakurura atangira kukwiyumvamo kabone n’ubwo waba uri muto muto.
Iyo abonye ufite mu maso hagaragara nabi kukwiyumvamo biva kure.
Mu bintu yita kureba mu maso harimo ubwanwa, amaso, umusatsi, umunwa,…

3.Uko ugaragara

Hano harimo uko wifata, uko ukora umusatsi, imigaragarire yawe muri rusange.
Hano kandi n’imyambarire nayo ayitaho cyane.

4.Icyizere

Ucyivuga ijambo rya mbere riba rihagije guhita icyizere wifitiye kigaragara.
Buri mukobwa cyangwa umugore akururwa n’icyizere yakubonyemo.

5. Ibiganiro

Igihe utagira ibiganiro ngo abyishimire kukwiyumvamo biba biri kure kabone n’ubwo yaba yanyuzwe na bimwe byavuzwe ruguru.
Nta mukobwa cyangwa umugore wifuza ikintu kimubangamiye.

6.Gusetsa
Abakobwa bakunda umuntu ubaganiriza bakishima. Igihe ugira ibiganiro ushobora kumusetsa biroroha kwigarurira umutima we.

7.Inseko
Uburyo useka kuri we abona koko niba uri umwizerwa cyangwa uri indyarya.
Iyo akubonamo ko wakwizerwa byoroha kukwiyegurira.

Wowe wibwiraga ko umukobwa cyangwa umugore afata igihe kinini akwigaho siko bimeze ahubwo atangira bwa mbere mugihura.

Ibi rero bakaba byafasha wowe ugiye kwinjira cyangwa ugiye gushaka umubano n’uko wakwitwararika.
Refe:elcrema.com


Comments

[email protected] 11 January 2023

Ivyomuvuze n’ukuri vrnt ndamaze kubigenzura cane icambere kibakurura nikiganiro kirimwo kubanezereza pe!Umukobwa uhumwanya ukamunezereza mudukorwa dutandukanye iyakubuze yamayipfuza ko mwosubira guhura nawe nubwo yoba yarubatse.


4 January 2023

Igituba kinini


anitha 29 December 2022

Ibi ni ukuri Rwose imyitwarire yumusore bwa mbere kuri wowe ishobora kukwemeza urukundo,kdi umuhungu ukwisanzuraho byoroshye kugushobora,gusa kuba wamukoraho ubugenzuzi bworoheje nabyo ni ingenzi,nka : family backgrond,birthday,group Sanguin,nuveau d,etude,idini rye,...


ANATOL 11 December 2022

Bimw nivyo


NIYITEGEKA J.BOSCO 10 December 2022

GUTERETA_
BISABA _
KWITWARARIKA PE!


28 November 2022

Ukowitwayeniko akubaha


Mugisha 27 November 2022

notonly , the physical appearance is one thing that attract sameone, especially Girls


Jean damascene 25 November 2022

Thanks, God bles u.


25 November 2022

Thanks, God bles u.


Jean poul 16 November 2022

UKONIKO BIMEZE.


Niyonzima 27 October 2022

Nonese umukobwa wagukunze wamubwirwa n’iki?


23 October 2022

kocakakureba amanota yumunyeshuri wintwa murerwawase oriva


IGIRIMBABAZI 6 September 2022

Uvuze ukuri kuko uwontereta niko yabanje kungeza ahubwo njye nkagira ngo nukungenzura


izimpamvu pamella 18 June 2022

Nibiki umusore yitahi kureba iyo ashaka umukobwa


Dusabe Rachel Angélique 29 December 2021

Ndahamyako abakobwa cg abagore Bose siko ibyo byose babyitaho cyanecyane ngo kuba umusore yarubatse umubiri. Ubwose babasore ba mbavu ntoya bo ntibakundwa???