Uwitwa KANGEYO RUTAREMARA IROZA Oda yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa KANGEYO IROZA Oda mu bitabo by’irangamimerere.
Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko ari amazina yakoresheje yiga.
Ingingo z’ingenzi yashingiyeho asaba inzego zibishinzwe guhindura amazina zikaba ziri hano hasi: