Uwitwa MAHORO Angelique yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MAHORO Angelique Mignone mu bitabo by’irangamimerere.
Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko ari izina ari izina yakoreshaga kwishuri kuva yatangira amasomo ye.
Ingingo z’ingenzi yashingiyeho asaba inzego zibishinzwe guhindura amazina zikaba ziri hano hasi: