Print

Mugabo cyangwa mugore ufite ikibazo cyo kubura ubushake kurangiza vuba no gucika intege mu gikorwa cyo mu buriri, Menya abagufasha gukira neza

Yanditwe na: Ubwanditsi 23 November 2021 Yasuwe: 7592

Shangazi Dative umunyerewe cyane mu gikorwa cyo gufasha abagore n’abakobwa bataciye imyeyo cyangwa se batanyuze mu rubohero rw’abakobwa,nyuma y’uko asuwe n’ibinyamakuru bitandukanye birimo Televiziyo DW y’Abadage, Ijwi rya Amerika (VOA),Radio Rwanda,Ikinyamakuru Igihe, amateleviziyo azwi cyane hafi ya yose yo kuri YouTube Channel hano mu Rwanda n’ibindi binyamakuru tutarondora,Shangazi Dative yerekanye ko afite ubunararibonye n’impano idasanzwe mugufasha abubatse ingo n’abenda kuzubaka.

Muntego ze harimo kuzabona imiti nyayo ifasha abagabo barangiza vuba n’imiti ifasha abagore babura ubushake mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina kuko yabonaga biri mu bibazo bikomeye biri gusenya umuryango nyarwanda.

Shangazi Dative ubu arahamya ko anejejwe n’uko ubu afite imiti myiza yizewe yo mu bimera ikoze mu buryo bw’ibinini aha abamugana bakagaruka bamuha ubuhamya bavuga ko ikibazo bari bafite cyarangiye.

Shangazi Dative afite Ivuriro ryitwa Masenge Life Center mu Mujyi wa Kigali,iyo ugeze muri gare yo mu Mujyi atambika Gato kuri Station SP nshyashya iri munsi ya Lagalette ukamuhamagara kuri iyi nimero 0783441825
Kurikira video iri munsi