Print

Ntibisanzwe umukobwa w’imyaka 26 yashyingiranwe n’umusaza umurusha imyaka 44[AMAFOTO]

Yanditwe na: Rebecca UFITAMAHORO 15 December 2021 Yasuwe: 2787

Ubu bukwe bwabereye muri Benin bwatangaje abantu benshi mubakoresha imbuga nkoranyambaga kubera ikinyuranyo cy’imyaka y’aba bombi. Umukobwa w’imyaka 26 yakoze ubukwe n’umusaza w’umuzungu w’imyaka 70 y’amavuko.


Uyu mukobwa ukomoka muri Benin bivugwako yari amaze imyaka igera kuri ibiri akundana n’uyu muzungu.

Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru B-News, uyu mukobwa yahamijeko urukundo arirwo rwabahuje akumva ntawundi mugabo akeneye atari uyu nguyu bakoze ubukwe.

Yagize ati:’’Abantu benshi bakomeje gutangazwa n’ikinyuranyo cy’imyaka n’umukunzi wanjye ariko bakirengagiza ko namukunze ndetse nkiyemeza kubana nawe ubuzima bwanjye bwose’’……

Uyu mukobwa ukomoka muri Benin bivugwako yari amaze imyaka igera kuri ibiri akundana n’uyu muzungu.